Nyuma y'imyaka 8 Anita Pendo yasoje Kaminuza #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umunyamakuru w'imyidagaduro, MC, Dj, Anita Pendo yasoje Kaminuza nyuma y'imyaka 8.

Anita Pendo akaba yasoreje amaso ye yasoreje muri Kaminuza ya Mount Kenya aho yatangiye kwiga mbere y'uko abyara imfura ye muri 2017.

Byatumye ahagarika kwiga ni nabwo yahise abyara uwa kabiri ajya kubitaho bituma asubira mu ishuri muri 2023.

Akaba yasoje Icyiciro cya kabiri cya Kaminuza (Bachelors Degree) muri 'Mass Media and Communication'.

Akaba igitabo yamuritse yarakoze ubushakashatsi ku buryo itangazamakuru ryagira uruhare mu kumenyekanisha ibihangano by'abahanzi.

Anita Pendo ni umunyamakuru wa Kiss FM, yamenyekanye mu kigo cy'Igihugu cy'Itangazamakuru (RBA), akaba Umuhanga mu kuvangavanga imiziki (Dj), Umuyobozi w'Ibitaramo (MC).

Anita Pendo yasoje Kaminuza
Inshuti zari zaje kumushyigikira



Source : http://isimbi.rw/spip.php?article12062

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)