Abo turibo

Webrwanda.com ni urubuga rufasha mu gukusanya amakuru atandukanye aturuka hirya no hino ku zindi mbuga. Mu gihe imbuga zikomeje kwiyongera cyane biragoye ku muntu umwe kuzikurikirana hose icyarimwe, niyo mpamvu twabazaniye igitekerezo cyo kubakusanyiriza izo nkuru zose kurubuga rumwe gusa.

Icyitonderwa, Webrwanda.com ubwayo nabwo ari ikinyamakuru cyangwa nabwo isohora inkuru zayo zihariye, webrwanda.com ni "platform" icishaho inkuru ziturutse ahandi. Kandi inkuru yose itambutse kurubuga rwacu si uko twemeranya n'ibirimo (muriyo nkuru)

Ugize ikibazo icyo ari cyo cyose kijanye n'inkuru yatambutse kuri webrwanda.com, watwandikira kuri [email protected] iyo nkuru ikaba yavanwa kurubuga muburyo bwihuse.

Murakoze gusura webrwanda.com

Post a Comment

3Comments

  1. Muraho? Ibi bintu ni byiza pe. Nkunze ko ari 'short stories' kandi zisa neza.
    Ntimwashiramo se muri blog akantu katuma 'social likes' zibaha $$$?
    Mbese nko muri iyi proposal twabateguriye https://tinyurl.com/webrwanda-brave

    ReplyDelete
    Replies
    1. Murakoze Kutwandikira JeanClaude. Turaza kureba neza kuri iyo proposal yanyu. Umunsi mwiza

      Delete
  2. nabasabye gukuraho iyi nkuru kuko itagifite source https://www.webrwanda.com/2020/06/uwahoze-ari-umuvugizi-wa-m23-aravugwaho.html narabandikiye ntimwansubiza , ubwo rero ibyo muvuga ko muhita mukuraho inkuru idafite source ni ibinyoma murebe inbox yanyu ya facebook na email narabandikiye , mbasabye kubikora ku mpamvu zihariye

    ReplyDelete
Post a Comment