"Ukuntu tuba turwanira kujya yo burya ni nko mu kuzimu" abantu batewe agahinda n'umunyarwanda warasiwe muri Amerika bituma n'abahakundaga bahanga urunuka nyuma yo kumenya icyo yazize - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

'Ukuntu tuba turwanira kujya yo burya ni nko mu kuzimu' abantu batewe agahinda n'umunyarwanda warasiwe muri Amerika bituma n'abahakundaga bahanga urunuka

Abantu babiri barimo umunyarwanda Derrick Irutingabo bapfuye abandi batanu barakomereka, nyuma yo kurasirwa mu birori by'isabukuru mu Majyepfo ya California muri Leta zunze Ubumwe za Amerika.

Polisi yatangaje ko Irutingabo Derrick  yaguye mu rugo aho  naho mugenzi we agwa kwa muganga.

Bamwe mu banyarwanda bagaragaje akababaro batewe n'urupfu rwa Irutingabo, aho umwe yanditse kuri Twitter ati 'Umuntu wanjye Irutingabo Derrick baramwishe sha, bamurasiye mu birori by'isabukuru mu Majyepfo ya California'.



Source : https://yegob.rw/ukuntu-tuba-turwanira-kujya-yo-burya-ni-nko-mu-kuzimu-abantu-batewe-agahinda-numunyarwanda-warasiwe-muri-amerika-bituma-nabahakundaga-bahanga-urunuka-nyuma-yo-kumenya-icyo-yazize/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)