Nta guca ku ruhande, Olivis wo muri Active yavuze uko umubano we na Miss Vanessa Uwase uhagaze muriyi minsi (vidéo) – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Olivis Mugabo, umwe mu basore batatu bagize itsinda rya Active, yasubije umwe mu bafana be wamubajije niba Miss Vanessa Uwase bakivugana. Ni mu kiganiro Olivis na bagenzi be bagize itsinda rya Active bagiriye ku Isibo Tv aho bari batumiwe.

Nkuko Olivis yabivuze yavuze ko we na Miss Vanessa bakivugana ndetse ko akiri umucuti we bisanzwe. Ku bijyanye nuko indirimbo Amabara yaba irimo ubutumwa yashatse kugenera Miss Vanessa n'abandi ba Ex be, Olivis yavuze ko indirimbo Amabara ntaho ihuriye n'aba Ex be.



Source : https://yegob.rw/nta-guca-ku-ruhande-olivis-wo-muri-active-yavuze-uko-umubano-we-na-miss-vanessa-uwase-uhagaze-muriyi-minsi-video/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)