Ibihugu 10 bifite abaturage babyara cyane muri Afurika #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Nkuko ubu bushakashatsi bubitangaza,kuba ibihugu bigira abaturage babyara cyane n'ikiba kigaragaza ko ikigero cyo gutera akabariro muri byo kiba kiri hejuru cyane.

Igihugu cya Burkina Fasocyo mu Burengerazuba bwa Afurika nicyo kiza ku isonga mu kugira abaturage babyara cyane kuko gituwe na miliyoni 21 ariko ijanisha ry'abavuka ni 42.42%.

Cameroon iza ku mwanya wa kabiri ni ijanisha rya 36.58% ku bavuka aho ituwe na miliyoni 23.34 z'abaturage.

Uganda na Gabon birakurikirana ku mwanya wa 3 n'uwa kane ku rutonde.Iki gihugu cyo muri EAC gifite ijanisha rya 34.71% ku bavuka mu gihe Gabon ifite 34.64%.

Ibihugu 10 bifite abaturage babyara cyane muri Afurika:

1.Burkina Faso
2.Cameroon
3.Uganda
4.Gabon
5.Zambia
6.Senegal
7.Nigeria
8.Sao Tome Principe
9.Republic of Congo
10.Tanzania



Source : http://umuryango.rw/ubuzima-115/udushya/article/ibihugu-10-bifite-abaturage-babyara-cyane-muri-afurika

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)