'Ibintu Byafshe Umurego' – Kenny Sol mu ndirimbo shya irimo umukobwa ugaragaza ibere #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umuhanzi Kenny Sol ubarizwa mu Igitangaza Music ya Bruce Melodie, yasohoye indirmbo 'Umurego' aho amashusho yayo arimo umukobwa ugaragaza ibere ryose.

Ni indirimbo benshi bafashe mu buryo bw'igishegu bitewe n'amashusho yayo ndetse namwe mu magambo ayirimo.

Muri iyi ndirimbo Kenny Sol umwanya munini aba ari kumwe n'umukobwa mu cyumba, hari nk'igice baba bageze ku gitanda maze Kenny Sol akaririmba ati'ibitendo reka nze nanjye mbigukorere, uritonda, wikuraho, winyeganyega, wikubagana, pour me water (ndekurira amazi) nzimye fire(nzimye umuriro), winyeganyeza, wiyorobeka, wimbabaza, ntaraburiza.'

Iyi ndirimbo mu buryo bw'amajwi ikaba yarakozwe na Elemrnt muri Country Music, ni mu gihe amashusho yakozwe na Big Team.

Umukobwa urimo ibere ryose ryari hanze
Amwe mu mashusho ari muri iyi ndirimbo
Bageze no mu gitanda



Source : http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/ibintu-byafshe-umurego-kenny-sol-mu-ndirimbo-shya-irimo-umukobwa-ugaragaza-ibere

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)