Perezida Kagame yihanangirije abayobozi badatanga serivisi nziza anakebura abaturage batagaragaza aho bahawe serivisi mbi, avuga ko kuba imitangire ya serivisi hari aho itari myiza bidaterwa n’ibikoresho ahubwo ari imyumvire.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/perezida-kagame-yihanangirije-abatanga-serivisi-mbi-agaruka-ku-mugore-utwite