Imyaka ibiri mu Nteko, ibyo yasezeranyije abaturage, ifatwa rya Rusesabagina – Ikiganiro na Frank Habineza #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Dr Frank Habineza mu 2013 yagiye ku biro bya RGB agiye gufata ibyangombwa by’ishyaka rye. Icyo gihe yashakaga kwiyamamaza mu matora y’abadepite ariko kubera kubibona atinze, ntiyabasha kwiyamamaza, ataha yimyiza imoso, amatora yakurikiyeho yahise ahindura umuvuno ashaka kuba Perezida wa Repubulika.


source https://igihe.com/politiki/article/imyaka-ibiri-mu-nteko-ibyo-yasezeranyije-abaturage-ifatwa-rya-rusesabagina
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)