Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Edouard Bamporiki, yatangaje ko yasezera ku mirimo ye aho kugira ngo Minisiteri abarizwamo inafite mu nshingano umuco itere inkunga umuhanzi uririmba ibishegu.
source https://igihe.com/imyidagaduro/article/sinshobora-kuba-ndi-muri-minisiteri-ngo-ishyigikire-itere-inkunga-umuhanzi