Bamporiki yatangaje ko aho kugira ngo minisiteri abarizwamo ishyigikire ibishegu, yahitamo kwegura #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Edouard Bamporiki, yatangaje ko yasezera ku mirimo ye aho kugira ngo Minisiteri abarizwamo inafite mu nshingano umuco itere inkunga umuhanzi uririmba ibishegu.


source https://igihe.com/imyidagaduro/article/sinshobora-kuba-ndi-muri-minisiteri-ngo-ishyigikire-itere-inkunga-umuhanzi
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)