Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryandikiye abanyamuryango baryo, ribamenyesha ko kugira ngo bemererwe gusubukura imyitozo bagomba kugaragaza ko biteguye kubahiriza ingamba zo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus.
source https://igihe.com/imikino/football/article/ferwafa-yagaragaje-ibisabwa-buri-kipe-kugira-ngo-yemererwe-gusubukura-imyitozo