Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwatangaje ko bugiye guhagurukira abantu bajyaga babeshya ko bacuruza restaurant kandi ari utubari, ku buryo bazajya bifashisha n’utumashini dupima ingano ya ‘alchool’ mu mubiri kugira ngo hemezwe ko banyweye inzoga.
0Comments