Film y’urukozasoni igaragaramo abakobwa babiri umwe w’umwirabura n’undi w’umuzungu bari guhuza ibitsina yanyuze kuri Television yateje ikibazo mu gihugu. #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Film y’urukozasoni yitwa Vivante yakozwe n’umugore usanzwe ukora ama film witwa Anoushka, muri iri joro yaraye inyuze kuri Television yitwa Canal+ yateje ikibazo gikomeye mu gihugu cy’Ubufaransa. Iyi Film igaragaramo abakobwa babiri uwitwa Charlotte (Bertoulle Beaurebec) hamwe na Lou (Romy Furie) umwe ni umwirabura undi ni umuzungu barimo bahuza ibitsina. Muri iyi film umwe muri aba bakobwa akora impanuka maze akongera kuba muzima bitewe n’urukundo mugenzi we amwereka. Si urukundo gusa ahubwo kubyina ndetse n’uko guhuza ibitsina nibyo bituma uwendaga gupfa yongera kuba muzima. Mu gihe uwo wakoze impanuka aba yaramugaye agendera mu kagare, mugenzi we akora ibishoboka byose kugira ngo yongere kuba muzima. Muri iyi film hakaba harimo n’aho abo bakobwa bahuza ibitsina ari batatu. Iyi film rero ikaba yateje ibibazo muri iki gihugu cy’Ubufaransa bitewe n’uko hari itegeko ribuza gukorera umuntu ubana n’ubumuga ikintu cyose kijyanye no guhuza ibitsina cyangwa se ikindi cyose gisa nabyo.

Nubwo m’Ubufaransa bibujijwe ariko m’Ububiligi, Ubudage hamwe n’Ubusuwisi ho biremewe. Anoushka wakoze iyi film ubwo bamubazaga icyatumye ayikora yavuze ko yashakaga kugaragaza ibyiza byo guhuza ibitsina ndetse n’akamaro bishobora kugira m’ugufasha umuntu ndetse ko yashatse kugaragaza ko buri wese afite uburenganzira bwo kubikora. Ibi rero bikaba byongeye kugaragaza ko turi mu minsi ya nyuma aho abantu basigaye bakora ibidakorwa. Muri iyi film hagaragaramo kandi umugore witwa Marie-Léa Kinka akaba ari umwe mu bakinnyi ba film z’urukozasoni b’ibyamamare muri iki gihugu.

Dore muri iyo film uko byari byifashe.



source https://nibyiza.com/film-yurukozasoni-igaragaramo-abakobwa-babiri-umwe-wumwirabura-nundi-wumuzungu-bari-guhuza-ibitsina-yanyuze-kuri-television-yateje-ikibazo-mu-gihugu/
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)