Uko umusaruro w’amafi mu Rwanda wikubye inshuro eshanu mu myaka 26 ishize #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Kwihaza mu biribwa ni imwe muri gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi, ihera mu 2017 ikageza mu 2024. Uko kwihaza mu biribwa Leta ivuga ko kugomba kujyana no kurya indyo yuzuye, bizanafasha mu kugabanya 38% by’abana bakigaragara mu mirire mibi.


Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)