Aime Ndayisenga wamenyekanye kuri TV10 na Rose Nishimwe wakoreye Royal TV aho basoe basomaga amakuru, ni abanyamakuru bahisemo kubana, ubu bavuga ko baryohewe n'urugo rwabo.
Mu kiganiro na ISIMBI, bavuze ko inkuru y'urukundo rwabo itangaje, uburyo bahuye bahujwe n'ubukwe w'inshuti ya bo.
N'ubwo bari abanyamakuru bose bwari ubwa mbere bahuye, nta n'umwe wari warigeze ahura n'undi.
Reba ikiganiro na ISIMBI TV
source http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/inkuru-itangaje-y-urukundo-rw-abanyamakuru-ubu-baryohewe-n-urugo-video