Nitwa Hakizimana Antoinette mfite imyaka 40. Ubwo nari umukobwa ntakintu nagiraga nari mbayeho ubuzima bubi cyane kuburyo no kubona icyo kurya byabaga ari intambara ikomeye. Naje kumenyana n’umusore w’umukire arankunda ansaba ko twabana ndabyemera. Umugabo wanjye ninkaho yankuye ku muhanda arankunda amfata neza ampa buri kimwe. Sinavuga ko namukurikiyeho ibintu ahubwo inzara n’ubuzima bubi nari mazemo igihe byanteraga ubwoba cyane bituma muhungiraho nink’aho ntayandi mahitamo nari mfite. Tukibana naramwubahaga cyane kandi nawe yarankundaga cyane agakora ibishoboka byose kugira ngo anshimishe. Tumaze kubyara umwana wa mbere nakomeje kumwubaha kandi numvaga n’urukundo rutangiye kunzamo ariko we yatangiye guhinduka, imico ye nimyifatire birahinduka, atangira kujya anywa inzoga kandi mbere atarazinywaga, ntiyongera kunyubaha ahubwo yahoraga ancyurira ko yankuye mu buzima bubi kandi ko nintamwubaha azabunsubizamo akishakira umukobwa ukiri muto. Ibyo narabyihanganiye, ariko bitewe n’uko twabanye ntabitewe n’urukundo ahubwo mbitewe no guhunga inzara, yatangiye kujya anca inyuma kubyihanganira birananira mpitamo gutandukana nawe. Ubu rero ndashaka gukundana n’umusore ufite urukundo rwa nyarwo, noneho tukabana nabitekerejeho namuhisemo nkamukunda by’ukuri. Bitewe nuko nanjye ibibazo by’ubukene nabinyuzemo, uwo musore niyo yaba ari umukene namukunda cyane nkamwubaha, nkamukura muri ubwo buzima bubi nkamukiza kandi sinzigera mbimucyurira nk’uko umugabo wanjye yabinkoze ahubwo nzamutetesha mubere byose. Ubishaka anyandikire inbox.
Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.
http://dlvr.it/RbgYJN
Post a Comment
0Comments
