Nitwa Nezerwa Natalie bakunze kunyita Natty mfite imyaka 37 nkaba ntuye i Kigali ndashaka umusore dukundana ufite urukundo rw’ukuri kandi udafite umutima wo gukunda amafaranga dore ko abasore benshi iyo akubonyeho amafaranga ntawundi mutima aba afite uretse uwo kuyakumaraho. Impamvu mbivuga n’uko byambayeho, umugabo wanjye yapfuye ansigira abana 2 akimara gupfa nabonye abagabo n’abasore benshi bansaba ko twakundana, bakanyizeza ibitangaza bakambwira ko bazampoza amarira. Nanjye rero bitewe n’agahinda kenshi nari mfite numvaga mbonye umukunzi aribwo kagabanuka. Umugabo wa mbere twakundanye namutije imodoka yanjye mara ukwezi naramubuze aho nongeye kubonera iyo modoka yari yarashizemo amapiyesi hasigaye igikarakasi, uwo mugabo we sinongeye kumubona. Ubwa kabiri nabwo nakundanye n’umusore muha amafaranga menshi mutuma kujya kundangurira ariko nawe muheruka ubwo. Ibyo rero nanjye byamfunguye amaso menya ubwenge kuburyo ubu ntamusore wakongera kumbeshya uko yiboneye. Niyo mpamvu niba wumva ufite urukundo rw’ukuri ukumva twakundana tukubakana urugo rugakomeza unyandikire inbox kuko kubaka urugo nicyo cyifuzo cyanjye kiruta ibindi rero nzakora ibishoboka byose kugira ngo urukundo rwanjye nawe rugere kure hashoboka.
Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.
*
http://dlvr.it/RbgYMt
Post a Comment
0Comments
