Nitwa Linda umukunzi wanjye yambeshye ibinyoma byinshi ndamuvumbura. #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Hari abantu batajya bishimira uko bari ahubwo buri gihe biyitirira abo batari bo. Amazina yanjye ni Linda Urujeni mfite imyaka 24 nkaba ntuye i Kigali nakundanye n’umuhungu muby’ukuri uko urukundo rwaje simbizi kuko njye nkimukubita amaso nahise mukunda, twari duhuriye mu mahugurwa nari nagiyemo noherejwe n’ikigo nkorera, nuko nsaba uruhushya kuko nari mfite gahunda yihutirwa nagombaga kujyamo. * Umwarimu waduhuguraga yanyimye uruhushya ambwira ko ibintu agiye kutwigisha ari ingenzi cyane, ariko gahunda nari mfite yari ntakuka yari ingirakamaro cyane kandi nari nyimaranye igihe kinini, byatumye mfata umwanzuro wo kugenda nirengagije uruhushya rw’uwo mwarimu. Aho nagarukiye nasanze umwarimu waduhuguraga yarakaye cyane atangira kumbwira nabi ndaceceka ariko nza kugira amahirwe numva hari umuhungu utangiye kumvuganira, asobanurira uwo mwarimu ko nari mfite gahunda ikomeye cyane, mwarimu arabyumva. Uwo muhungu nibwo nari nkimukubita amaso mpita mukunda cyane. Amasomo arangiye naramwegereye ndamushimira, guhera uwo munsi dutangira kuba inshuti bisanzwe. Amahugurwa arangiye twakomeje kuganira kuri phone, ndetse ambwira ko yankunze nanjye mubwira ko namukunze nkimubona nuko dutangira gukundana. Iyo twahuraga tukaganira yambwiraga aho atuye ibyo akora aho yize ndetse n’ibindi byinshi. Yambwiye ko ari umwana w’umusirikare ukomeye, ambwira ko akorera ikigo gikomeye ko ari nacyo cyamwohereje mu mahugurwa we atabishaka. Igihe kimwe naje guhura n’umukobwa umwe turaganira ambwira aho yize numva ni hamwe n’aho cheri wanjye yize mubajije numva ntamuzi birantungura cyane. Byatumye ntagira kubaririza amakuru yerekeye cheri wanjye ndetse njya no kureba ahantu yambwiye ko akorera ndabaza nsanga ntibamuzi. Nakomeje kuneka nza kumenya aho ataha, umunsi umwe njyayo adahari, ndijijisha ndabaza nsanga ibyo yambwiye byose yarambeshye ahubwo nsanga yiyitiriye undi muhungu w’inshuti ye kuko iwabo bari abakire ibye byose arabyiyitirira. Nyuma amaze kubona ko namuvumbuye yaje kunsaba imbabazi ambwira ko yambeshye kuko yabonye imodoka ngendamo yumva ambwije ukuri nkamenya ko ari umukene ntamukunda nyamara njye nari nararangije kumukunda. Ubwo rero nahise mbona ko afite ikibazo cyo kutiyakira mpitamo gutandukana nawe, Ubu rero ndashaka umusore w’ukuri kandi w’inyangamugayo twakundana tugakundana atembeshya ndetse tukaba twanapanga gukora ubukwe tukabana. Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam. *
http://dlvr.it/RcPGvy

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)