Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thadée yaruciye ararumira ahubwo araseka cyane ubwo yari abajijwe kuri rutahizamu w'umurundi, Asman Ndimumana uhetse Gikundiro muri iyi minsi.
Ni nyuma yo gutsinda Kiyovu Sports mu mukino w'umunsi wa mbere wa shampiyona ibitego 2-0 byose byase bya Ndikumana Asman kuri uyu wa Gatandatu.
Byari ibyishimo bikomeye ku bayobozi ba Rayon Sports cyane ko wari umukino w'abakeba.
Umukini urangiye ubwo itangazamakuru ryageragezaga kuvugisha Twagirayezu Thadée wari kumwe Me Freeddy yaruciye ararumira.
Abanyamakuru bagerageje kumucokoza bishoboka kose, umwe ati "perezida uyu rutahizamu wamukuyehe", undi ati "tubwire ijambo rimwe kuri rutahizamu Asman".
Ibi byose yabyumvaga ariko aho kubasubiza akiskera cyane ubona ko yasazwe n'ibyishimo.
Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thadée yaruciye ararumira ahubwo araseka cyane ubwo yari abajijwe kuri rutahizamu w'umurundi, Asman Ndimumana uhetse Gikundiro muri iyi minsi.
Ni nyuma yo gutsinda Kiyovu Sports mu mukino w'umunsi wa mbere wa shampiyona ibitego 2-0 byose byase bya Ndikumana Asman kuri uyu wa Gatandatu.
Byari ibyishimo bikomeye ku bayobozi ba Rayon Sports cyane ko wari umukino w'abakeba.
Umukini urangiye ubwo itangazamakuru ryageragezaga kuvugisha Twagirayezu Thadée wari kumwe Me Freeddy yaruciye ararumira.
Abanyamakuru bagerageje kumucokoza bishoboka kose, umwe ati "perezida uyu rutahizamu wamukuyehe", undi ati "tubwire ijambo rimwe kuri rutahizamu Asman".
Ibi byose yabyumvaga ariko aho kubasubiza akiskera cyane ubona ko yasazwe n'ibyishimo.