MU MAFOTO 100: Uko ibyamamare byaserutse muri... - #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Abarimo abahanzikazi bakunzwe ku Mugabane wa Afurika nka Tyla wo muri Afurika y'Epfo na Tems w'Umunya-Nigeria bari mu bitabiriye ibi birori biri mu bihambaye mu ruganda rw'imideli ku Isi.

Paris Fashion Week ni uruhererekane rw'ibirori biba kabiri mu mwaka bikaba byerekanirwamo imyambaro igezweho. 

Ni ibirori bya mbere muri bine bimurika imideri bikomeye ku isi bikurikirwa na London Fashion Week, Milan Fashion Week na New York Fashion Week.

Muri Paris Fashion Week herekaniwemo imyambaro izambarwa mu mezi arangwa n'ubukonje n'urubura. Ni ibihe biboneka muri Nzeri, Ukwakira n' Ugushyingo buri mwaka. Imwe mu myambaro yambarwa ni ikoze mu budodo ishobora guhangana n'ubukonje.

Muri Paris Fashion Week kandi hatambutsemo ibiganiro byatanzwe n'abahanga mu kudoda, berekana amahirwe ari muri urwo rwego.

Mu mafoto, ihere ijisho ubudasa bw'imyambaro ibyamamare byaserukanye muri ibi birori biba kabiri gusa mu mwaka:

Umuhanzikazi Tayla ni uko yaserutse mu birori byo gusoza icyumweru cy'imideli i Paris



Umuhanzikazi Tems na we ni uko yaserutse




Bad Gyal


Hailey Beiber, umugore wa Justin Beiber ni uko yaserutse


A$AP Rocky ntiyaserukanye na Rihanna


Simone Ashley

Umuhanzikazi Raye



Umuraperikazi w'Umunyamerika, Ice Spice




Umunyamideli w'umuherwe Tyra Banks

Emma Stone


Gorgina Rodriguez


Umuhanzikazi Lisa

Umukinnyi wa filime, Sophie Turner


Umunyamideli Gigi Hadid


Jaden Smith

Romeo Beckham

Chappell Roan





 

Adrien Brody

David Beckham n'umugore we

Doechii yatunguye benshi

Doja Cat ni uko yaserutse

Ni icyumweru cyaranzwe n'imyambarire idasanzwe ku byamamare byitabiriye 



Source : https://inyarwanda.com/inkuru/153311/mu-mafoto-100-uko-ibyamamare-byaserutse-muri-paris-fashion-week-153311.html

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)