Ikipe ya Chelsea na Manchester City zishobora kwisanga zamanuwe mu cyiciro cya kabiri - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Icyaha cyo gukoresha amafaranga menshi arenze ayinjijwe mu bwongereza gikomeje gukora ku makipe atandukanye, agakatwa amanota ndetse amwe namwe akaba ashobora no kuzamanurwa mu cyiciro cya kabiri.

Amwe mu makipe amaze kuzira irikosa harimo Nottingham Forest yakaswe amanota 4 ndetse na Everton yakaswe 10 gusa akaza kugabanywa akagirwa 6.

Kuri ubu ikipe ya Chelsea fc na Manchester City ziri kuregwa iki cyaha nubwo komisiyo ishinzwe guhana amakipe yo mu Bwongereza itaremeza ko iki cyaha kizihama.

Komisiyo ishinzwe guhana aya makipe yo mu Bwongereza ivuga ko aya makipe yombi nahamwa n'iki cyaha, azahanwa byihanukiriwe ndetse ko no kumanurwa mu cyiciro cya kabiri bishoboka.



Source : https://yegob.rw/ikipe-ya-chelsea-na-manchester-city-zishobora-kwisanga-zamanuwe-mu-cyiciro-cya-kabiri/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)