Day Maker wihebeye Riderman , Logan Joe na Kivumbi King yahishuye aho yifuza kugeza umuziki we – VIDEO #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Mu kiganiro na Daymaker watangiye umuziki akiri muto yahishuye urugendo rwe muri muzika no gukora indirimbo.

Umuhanzi Daymaker DM wamamaye mu Karere ka Musanze yatangaje ko urukundo akunda umuziki ruzamufasha kuwushyira ku rundi rwego agatungwa nawo .DM yasobanuye ko yatangiye gukora umuziki ari mwaka wa 2 w'amashuri ananza.

 

Mu kiganiro n'uyu musore yasobanuye ko abahanzi ubifatanya no gukora indirimbo z'abahanzi yavuze ko akunda abahanzi baririmba Hip Hop cyane agaruka kuri Riderman, Kivumbi King , Bull Dog n'abandi.

 

REBA HANO IKIGANIRO TWAGIRANYE NA DAYMAKER DM

The post Day Maker wihebeye Riderman , Logan Joe na Kivumbi King yahishuye aho yifuza kugeza umuziki we â€" VIDEO appeared first on The Custom Reports.



Source : https://thecustomreports.com/day-maker-wihebeye-riderman-logan-joe-na-kivumbi-king-yahishuye-aho-yifuza-kugeza-umuziki-we-video/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)