Umuhanzikazi Tiwa Savage yahishuye ibintu 5 atigeze ubwira uwariwe wese #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Tiwa Savage wamamaye muri muzika yamennye ibanga amaranye imyaka myinshi

Ishusho ya muzika muri Afrobeat , Tiwa Savage yafashe amashusho yatambukijwe kuri Billboard agaragaza ibintu 5 benshi batamuziho.

 

Icyamamare mu ndirimbo 'Some Body 's Son' Tiwa Savage, yatagiye avuga uburyo yanga inkweto za High Heels [ Inkweto za shinga ] , avuga ko akunda kuzambara mbere y'igitaramo.Tiwa Savage yavuze ko we akunda kuririmba yambaye inkweto zo mu bwoko bwa Nickers cyangwa ibirenge.

 

Tiwa Savage kandi yahishuye ko ikintu akunda cyane nk'ifunguro ari umugati, ndetse yemera ko amwe mu mashusho acishwa kuri Instagram ye ariwe uba wayagizemo uruhare.

 

Tiwa Savage yahishuye ko adakunda kuba kukarubanda aho abantu bamubona by'umwihariko mu gihe atarimo kuririmba cyangwa gukora ibiganiro.

 

Uyu muhanzikazi yahishuye ko iyo atari muri muzika aba ari murugo iwe arimo kureba Filime.

 

Yagize ati:' Muraho neza, uyu ni Tiwa Savage , ibi ni bimwe mu bintu 5 ushobora kuba utari unziho.

 

'Nanga inkweto ndende , nkunda kuririmba nambaye ibirenge.

'Amafunguro nkunda ni umugati

'Akenshi sinjye ukoresha imbuga nkoranyambaga zanjye

'Mbanabihiwe iyo ntari kuri Stage cyangwa ntari gukora ibiganiro.
Mbandi murugo ndimo kureba Filime.

'Filime ndimo gukunda muri iyi minsi ni 'Downtown Abbey'.

'Ibyo ni bimwe mu byo mutari munziho'.

The post Umuhanzikazi Tiwa Savage yahishuye ibintu 5 atigeze ubwira uwariwe wese appeared first on The Custom Reports.



Source : https://thecustomreports.com/umuhanzikazi-tiwa-savage-yahishuye-ibintu-5-atigeze-ubwira-uwariwe-wese/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)