Umu Ex wa Elon Musk yajyanye uyu mukire mu nkiko nyuma yo kunanirwa gukomeza guhishira ibibi amukorera (dore icyo ari kumuziza)  - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umu Ex wa Elon Musk yajyanye uyu mukire mu nkiko nyuma yo kunanirwa gukomeza guhishira ibibi amukorera (dore icyo ari kumuziza)

Uwahoze akundana na Elon Musk yitwa Grimes, ku mazina yubuhanzi ndetse banabyaranye abana batatu, gusa uyu muhanzikazi utakibana na n'uyu mukire yamaze kugeza mu nkiko uyu muherwe amushinja kumwima umwana umwe mu bo babyaranye.

Claire Elise Boucher(Grimes), wamenyekanye mu ndirimbo nka 'Oblivion', Night Music', n'izindi yatanze ikirego gisaba uburenganzira ku bana batatu yabyaranye na Elon Musk.

Gusa nubwo uyu muhanzikazi yamureze ntabwo amakuru arambuye kuri iki kirego aratangazwa neza dore ko impande zombi zitaragira icyo zibivugaho.



Source : https://yegob.rw/umu-ex-wa-elon-musk-yajyanye-uyu-mukire-mu-nkiko-nyuma-yo-kunanirwa-gukomeza-guhishira-ibibi-amukorera-dore-icyo-ari-kumuziza/?utm_source=rss=rss=umu-ex-wa-elon-musk-yajyanye-uyu-mukire-mu-nkiko-nyuma-yo-kunanirwa-gukomeza-guhishira-ibibi-amukorera-dore-icyo-ari-kumuziza

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)