Lionel Messi kwicara hamwe ngo atuze byanze - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umukinnyi w'ikipe y'igihugu ya Argentine, Lionel Messi, ashobora gutungurana agasubira mu ikipe yamureze ya FC Barcelona nk'intizanyo ya Inter Miami.

Ibi bivuzwe nyuma y'iminsi micye kandi umuyobozi wa Inter Miami, Jorge Mas yemeye ko azakora uko ashoboye kose akazafasha Lionel Messi agasubira gusezera ku bafana ba FC Barcelona.

Mu magambo ye yagize ati 'Niyemeje ko nzakora ibishoboka byose mu myaka iri imbere kugira ngo mpe amahirwe Lionel Messi yo gusezera ku bafana be i Barcelona.



Source : https://yegob.rw/lionel-messi-kwicara-hamwe-ngo-atuze-byanze/?utm_source=rss=rss=lionel-messi-kwicara-hamwe-ngo-atuze-byanze

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)