MU MAFOTO: Uburanga bwa Shadia Keza wamaze gu... - #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Bimwe mu bimaze kumenyekana ku mugore wa Sintex ni uko amazina ye nyakuri yitwa Shadia Keza, akaba afite ikigo kitwa Health The Universe Foundation cyita ku bafite ubumuga ndetse n'ababayeho mu muzima bubi.

Ni umuryango uyu mukobwa yatangiye mu mwaka wa 2016, utangijwe nawe ubwe ariko ibikorwa nyirizina atangira kubikora mu mwaka wa 2017. Bigoye cyane, inyaRwanda.com yakusanyije amwe mu mafoto yaranze Shadia Keza mu bihe bitandukanye mbere na nyuma yo gusezerana na Sintex.

Mu mafoto n'amashusho y'uyu mukobwa inyaRwanda.com yabonye ni uko nawe mu buzima abayeho asanzwe akunda ibikorwa by'imyidagaduro. Usibye ibyo bikorwa ni umwe mu bakobwa bigaragara ko n'aho atuye muri Canada nta gitaramo cyangwa imikino ijya imucika.


Shadia Keza umugore wa Sintex mu mategeko



Uyu mukobwa afite tatuwaje ku maguru















Shadia Keza na Sintex


Sintex na Shadia bamaze gusezerana mu mategeko



Source : https://inyarwanda.com/inkuru/133597/mu-mafoto-uburanga-bwa-shadia-keza-wamaze-gusezerana-na-sintex-mu-mategeko-133597.html

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)