Harinda Imana: Uduce 4 two muri Kigali tubarizwamo amanegeka twari duteye inkeke, twavugutiwe umuti (AMAFOTO) - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Ubuyobozi bw'Umujyi wa Kigali bwatangaje ko kugeza muri Mata 2024 nta muntu uzaba akibarurwa mu batuye mu manegeka mu Mirenge ya Muhima, Gitega, Rwezamenyo na Kimisagara.

Aba baturage bazimurwa binyuze muri gahunda zitandukanye zirimo kuvugurura aho abantu batuye.

Umuyobozi Mukuru Ushinzwe Igenamigambi ry'Imiturire n'Imitunganyirize y'Umujyi wa Kigali, Muhirwa Marie Solange, yatangarije RBA ko hari gukorwa umushinga wo kuvugurura uburyo bw'imiturire ahantu hatandukanye, ku buryo hadakomeza kwitwa amanegeka.

Iyi mirimo izatangirira ku baturage batuye mu Mirenge ya ya Muhima, Gitega, Rwezamenyo na Kimisagara.

AMAFOTO



Source : https://yegob.rw/harinda-imana-uduce-4-two-muri-kigali-tubarizwamo-amanegeka-twari-duteye-inkeke-twavugutiwe-umuti-amafoto/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)