Hashyizwe ibuye fatizo ahazubakwa amacumbi y'abimukira bazava mu Bwongereza - #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Ni inyubako biteganyijwe ko izatwara miliyari 60 Rwf ikaba ifite ibyumba 528, ikazuzura mu gihe cy'amezi atandatu.

Ibihugu byombi byasinyanye amasezerano yemerera u Bwongereza kohereza abimukira n'abashaka ubuhungiro binjiye muri iki gihugu mu buryo bunyuranyije amategeko nubwo kuri ubu atarashyirwa mu bikorwa.

Minisitiri Suella Braverman, yavuze ko mu kwezi gutaha, hategerejwe umwanzuro wa nyuma w'Urukiko rw'Ubujurire, nyuma yaho hakazangira gushyirwa mu bikorwa ibikubiye mu masezerano ibihugu byombi byasinyanye.

Inkuru irambuye mu kanya...

Minisitiri Suella Braverman, Dr Nsabimana na Meya w'Umujyi wa Kigali, Pudence Rubingisa ubwo bashyiraga ibuye ry'ifatizo ahazubakwa izi nzu
Iyi nyubako izaba ifite ibyumba bisaga 500
Babanje gusobanurirwa iby'uyu mushinga ugamije gufasha kubona amacumbi azabamo abimukira bazaturuka mu Bwongereza
Suella Braverman yijeje ku mu kwezi gutaha ibibazo by'amategeko biri mu kohereza abimukira mu Rwanda, bizaba byakemutse
Suella Braverman yavuze ko uyu mushinga ari intangiriro yo guhangana n'ikibazo cy'abimukira hirya no hino ku Isi

Amafoto: Yuhi Augustin




Source : http://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/hashyizwe-ibuye-fatizo-ahazubakwa-amacumbi-y-abimukira-bo-mu-bwongereza

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)