"Nzahora nkwibuka nk'intwari yanjye papa ndagukunda" Bad Rama yasezeye ku mubyeyi we witabye Imana mu magambo ababaje - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Mupende Ramadhan uzwi mu myidagaduro nka Bad Rama n'umuryango we bari mugahinda ko kubura umubyeyi wabo (se) witabye Imana mu ijoro ryo ku wa 11 rishyira kuwa 12 Ukuboza 2022.

Uyu mubyeyi akaba yaguye mu bitaro bya CHUK aho yari arwariye.

Yifashishije urukuta rwe rwa Instagram Bad Rama yasezeye ku mubyeyi we witabye Imana, avuga ko azahora amwibuka nk'intwari ye ndetse amusezeranya ko ikivi cye yatangiye azacyusa.Yongeraho ko amukunda cyane.



Source : https://yegob.rw/nzahora-nkwibuka-nintwari-yanjye-papa-ndagukunda-bad-rama-yasezeye-ku-mubyeyi-we-witabye-imana-mu-magambo-ababaje/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)