Abikorera bazize kuvuganira abaryamana bahuje ibitsina - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Guverinoma ya Uganda yafunze ibikorwa by'umuryango utegamiye kuri Leta wari usanzwe uvugira abaryamana bahuje ibitsina (LGBT).

Uyu muryango uzwi nka Sexual Minorities Uganda's (SMUG) washinjwe gukora mu buryo bunyuranyije n'amategeko nk'uko byatangajwe mu itangazo ryashyizwe hanze ku wa Gatandatu, na Stephen Okello ushinzwe ikigo kigenzura imiryango itari iya Leta.

Bavuze ko kuryamana hagati b'abahuje ibitsina bitemewe muri Uganda ko kuba bavuganira ababikora ari mu buryo bwo kugira ngo bikorwe.



Source : https://yegob.rw/abikorera-bazize-kuvuganira-abaryamana-bahuje-ibitsina/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)