Mu nzira abafana bakomeye ba Liverpool berekeza I Paris, kuri Stade de France, I Saint-Danis, mu nzira bahuye n'uruva gusenya.
Ubwo urugendo bari barugeze hagati bahuye n'impanuka imodoka ikora impanuka bituma bamwe muri bo bakomereka berekezwa kwa muganga.
Abashinzwe umutekano wo mu muhanda barebye ibyo biba batangaje ko abafana bari bafite umuvuduko mwinshi ndetse bakaba bari banyweye.
Amakuru meza ava mu bwongereza ni uko ntanumwe wapfuye, ikindi kandi abari bakomeretse bari kwitabwaho, banizeyeko bari bubashe kugera I Paris nabo ngo barebe umupira wahuruje isi yose.
Source : https://yegob.rw/ubwo-abafana-ba-liverpool-berekezaga-mu-bufaransa-ibyabayeho-byababaje-benshi/