Benshi bafata abakinnyi b'umupira w'amaguru nk' abantu bananiwe ishuri bakagana gukina umupira gusa sikobiri kuko harimo abize menshi kandi banakina neza.
Marcos Rashford rutahizamu wa manchester united yashoje amasomo ye kuryego rwa doctorates Kubera ibikorwa y'agiye akora mu miryango ndetse yagiye afasha benshi batishoboye.
Marcos Rashford warumaze igihe yaravunitse gusa yamaze gukira aho agomba gukina umukino wa Manchester United ukurikira kuko yamaze gukira neza.
Marcos yageze muri Manchester United akira mu mashuri yisumbuye gusa yaje gukomeza kwiga aho kurubu ageze ku rwego benshi mu bakinnyi badafite kubijyanye na mashuri .
Source : https://yegob.rw/marcos-rashford-yashoje-amashuri-yikirenga-muri-manchester-university/