Mu minsi mike ishize nibwo utubari twongeye gukomorerwa gukora. Iyi ni inkuru yashimishije abantu benshi higanjemo abagabo batari baherutde gusangirira agatama na bagenzi babo mu kabari.
Umunyarwenya Nimu Roger yakoze amashusho y'urwenya yerekana ibyo umwe ku bagabo yakoze nyuma yo kumenya ko utubari twarunguwe. Mu mashusho Nimu Roger yakoze, umugabo abwira umugore we ko agiye gutura ku kabari ko atazagaruka mu rugo vuba.
Source : https://yegob.rw/iyumvire-ibyo-umugabo-yakoreye-umugore-we-akimara-kumenya-ko-utubari-twafunguwe/