Police y'u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali yerekanye , mugitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 30 Werurwe 2021,umuhanzi Mugwaneza Lambert [Social Mula]; abanyamakuru ba Isibo TV, Irene Murindahabi na Phil Peter n'abandi 36 bafashwe bakora ibirori barenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19.


Umuhanzi Social Mula, Irene Murindahabi, Phil Peter n'abandi batawe muri yombi kubera kurenga ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19
Nonaha,#Rwandapolice irimo kwereka itangazamakuru abantu 39 bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda Koronavirusi bakorera ibirori mu rugo.
â" Rwanda National Police (@Rwandapolice) March 30, 2021