Bamwe mu byamamare nyarwanda bayobotse isoko ryo kuri murandasi bajya guhaha ibintu bitandukanye binyuze ku rubuga rwa Catchyz mu rwego rwo kwirinda gusesagura amafaranga mu buryo butari ngombwa no gukoresha umwanya neza.
Ibi byamamare bikaba birimo guhaha binyuze ku maduka ari ku rubuga rwa Catchyz rufasha abantu kugura no kugurisha ibintu bitandukanye kandi abantu badahenzwe kandi ibintu bakabibasangisha aho bari bari nta kwishyura amafaranga y'urugendo.
Icyiza cyo guhahira kuri uru rubuga nta mafaranga ya komisiyo kandi iyo wamaze kwinjira mu iduka ugiye guhahiramo uhasanga nimero z'ugurisha ukamuvugisha ndetse akaba yanakugabanyiriza igiciro ubundi bakabikuzanira aho uri bikanatuma utangiza umwanya wawe ujya kubishaka kuko bigusanga aho uri.
Bamwe mu byamamare bamaze kwibikaho ibikoresho babikesha guhahira kuri uru rubuga harimo abanyamakuru batatu, Anita Pendo na Nizeyimana Lucky ba RBA, Aissa Cyiza, Rukundo Patrick wamenyekanye mu ruganda rw'imyidagaduro nka Patycope ndetse n'abandi.
Dore uburyo bahashyemo
View this post on InstagramYou can now buy spare parts on @catchyzrwanda like Car Engine Oil at Best Price
A post shared by Rukundo Patrick (@patycope) on
View this post on Instagram@catchyzrwanda #CatchyzRwanda #Solution_For_Your_Problems
A post shared by pendo anita (@anita.pendo2) on
View this post on InstagramA post shared by Lucky 🎬 🎤 📺 (@luckmannzeyimana) on