Drogba yateye intambwe ikomeye nyuma yo gushyikirizwa igihembo gitangwa na Perezida w'impuzamashyirahamwe y'umupira w'amaguru i Burayi 'UEFA' Alexander Ceferin, nk'umwe mu banyabigwi muri ruhago bagaragaje ibikorwa by'indashyikirwa mu kibuga no hanze yacyo.
Post a Comment
0Comments