Urugendo rwo gushaka abarimu ibihumbi 28 bashya #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Leta ikataje kubaka ibyumba by’amashuri 22505, gahunda ni uko mu gihe amasomo yaba asubukuwe, ibyo byumba byaba byaruzuye ku buryo byahita bitangira gukoreshwa mu gukemura ikibazo cy’ubucucike bw’abanyeshuri.


Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)