Komisiyo ishinzwe Itumanaho muri Uganda iherutse gutangaza ko umuntu wese ufite ibyo ashaka kujya atangaza kuri internet agomba kubanza kwiyandikisha akabihererwa uburenganzira. Ryasabye abantu bose babikora kuba biyandikishije bitarenze tariki 5 Ukwakira uyu mwaka.
Post a Comment
0Comments