Siporo Rusange ya Car Free Day igiye gusubukurwa nyuma y'amezi atandatu #rwanda #RwOT
Author -
personwebrwanda
September 12, 2020
0
share
Minisiteri ya Siporo ku bufatanye n'Umujyi wa Kigali, batangaje ko Siporo Rusange ya Car Free Day ihuza Abanyarwanda bagakora siporo mu rwego rwo kurushaho kugira ubuzima bwiza, izasubukurwa tariki ya 20 Nzeri 2020.