Siporo Rusange ya Car Free Day igiye gusubukurwa nyuma y'amezi atandatu #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Minisiteri ya Siporo ku bufatanye n'Umujyi wa Kigali, batangaje ko Siporo Rusange ya Car Free Day ihuza Abanyarwanda bagakora siporo mu rwego rwo kurushaho kugira ubuzima bwiza, izasubukurwa tariki ya 20 Nzeri 2020.



Source : https://igihe.com/imikino/article/siporo-rusange-ya-car-free-day-igiye-gusubukurwa-nyuma-y-amezi-atandatu

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)