Abakurikiranira hafi ibiganiro hagati ya sosiyete y’Abashinwa ByteDance n’abashoramari bashaka kugura ishami ry’urubuga rwayo TikTok muri Amerika, batangaje ko iyo sosiyete iri mu biganiro na sosiyete ya Oracle kuba yagura imwe mu migabane yayo kugira ngo birinde TikTok gukumirwa ku butaka bwa Amerika.
source https://igihe.com/amakuru/mu-mahanga/article/oracle-ishobora-kugura-imigabane-muri-tiktok-kugira-ngo-urwo-rubuga-rudakumirwa