Perezida Liberia, George Weah yatangaje ibihe bidasanzwe nyuma y’ubwiyongere bw’abagore n’abakobwa basambanywa n’abafatwa ku ngufu, ategeka ko hafatwa ingamba zikomeye mu guhangana n’icyo kibazo.
source https://igihe.com/amakuru/article/liberia-hatangajwe-ibihe-bidasanzwe-nyuma-y-ubwiyongere-bw-abagore-bafatwa-ku