Muri raporo igaragaza imiterere y’urwego rw’ubuzima mu Rwanda hagati ya 2017 na 2019, hagaragazwa indwara 10 zihitana abantu benshi mu byiciro by’abagabo n’abagore, ku isonga hakaza izifitanye isano n’ubuhumekero.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/indwara-10-za-mbere-zihitana-abantu-benshi-mu-rwanda