Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rufunze abanyerondo babiri bo mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Huye, kubera icyaha bakurikiranyweho cyo gukubita no gukomeretse umugabo witwa Mbonigaba François bakamugira intere kuri ubu akaba arembeye mu bitaro.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/huye-abanyerondo-bakurikiranyweho-kwambura-no-gukubita-umugabo-urembeye-mu