Mu ijoro ryakeye, Perezida Donald Trump na mugenzi we Joe Biden bari imbere ya televiziyo barebwa na miliyoni z’abatuye Isi, mu biganiro mpaka bimaze kuba umuco muri Amerika kuva mu 1956, bagaruka ku cyo buri wese azakora igihe yaramuka agiriwe icyizere n’Abanyamerika mu matora ya Perezida ateganijwe ku itariki 3 Ugushyingo.
source https://igihe.com/amakuru/mu-mahanga/article/akavuyo-n-impaka-z-urudaca-ibyaranze-ibiganiro-mpaka-hagati-ya-trump-na-biden