Charlie Hebdo ishobora kwibasirwa na Al-Qaïda nyuma yo kongera gutangaza ibishushanyo bya Mohammed #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Ikinyamakuru Charlie Hebdo cyo mu Bufaransa cyongeye kwisanga mu bipimo by'umutwe w'iterabwoba wa Al-Qaïda, nyuma yo kongera gutangaza inkuru zishushanyije zizwi nka 'cartoons', cyakoze ku ntumwa y'Imana Mohammed, yubahwa cyane mu idini ya Islam.



Source : https://igihe.com/amakuru/mu-mahanga/article/charlie-hebdo-ishobora-kwibasirwa-na-al-qaida-nyuma-yo-kongera-gutangaza

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)