Trump yasabye ko Biden akorerwa isuzuma ry’ibiyobyabwenge mbere y’ibiganiro mpaka bazagirana #rwanda #RwOT
Author -
personwebrwanda
August 27, 2020
0
share
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye mugenzi Joe Biden bazahangana mu matora ya Ugushyingo, kubanza gufatisha ibipimo by’ibiyobyabwenge, nyuma y’uko Trump aketse uyu mugabo bahanganye.