Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye mugenzi Joe Biden bazahangana mu matora ya Ugushyingo, kubanza gufatisha ibipimo by’ibiyobyabwenge, nyuma y’uko Trump aketse uyu mugabo bahanganye.
Trump yasabye ko Biden akorerwa isuzuma ry’ibiyobyabwenge mbere y’ibiganiro mpaka bazagirana #rwanda #RwOT
August 27, 2020
0
Tags