Ntibisanzwe Namibia Hari ubwoko bwakiriza abashyitsi kubaha abagore n’abakobwa bo kubaraza. #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Mu gihe twe dusanzwe tuzimanira abashyitsi batugendereye ibyo kurya cyangwa ibyo kunywa bumwe mu bwoko bwo muri Namibia butanga abagore babo nk’amazimano kubashyitsi babasuye.
abagore n’abakobwa bo muri ubu bwoko barabimenyereye.

Muri iki gikorwa cyo kuzimanira abagabo basuye urugo uru nuru muri Namibia ntago ibyo kuba umukobwa cyangwa umugore akuze babigenderaho apfa kuba gusa babona ko yamaze gupfundura amabere , bavugako iyo hagize igitero kiba kuri ubwo bwoko bwabo abagore n’abakobwa babo bajya ahagaragara bakarangaza ubundi bwoko bubateye.
akanyamuneza kaba arikose ku mugabo wazimaniwe umugore yifuzaga.

Abasobanukiwe neza ibyiyi migenzo yaya moko bemeza ko mu gihe inshuti cyangwa umushyitsi agiranye ibihe byiza n’umugore bikaba ngombwa ko bageza mu ijoro umugabo nyirurugo ajya kurara mu kindi cyumba iyo ntakindi cyumba gihari umugabo aba agomba kwemera akarara hanze.

Gusa mu majyaruguru ya Namibia Hari ubwoko budakozwa ibyuyu muco, abo bita Ovahimba na Ovazimba Ni ubwoko bufata I bikorwa na bene wabo nka kirazira bo bavugako niyo isi yose yabagabaho ibitero ubutitsa ibabwira gushyira mu bikorwa uyu much wo kuzimana abagore n’abakobwa babo ku bashyitsi b’abagabo bo bakwemera bakabarimbura bagashiraho.

Aha wakwibaza niba no mugihe umugore asuye urugo rurimo umugabo nawe bamuzimanira kuryamana n’umugabo nyirurugo ibi turakomeza kubikurikirana nihagira ikindi tubimenyaho tuzabibagezaho mu nkuru zacu zitaha.

The post Ntibisanzwe Namibia Hari ubwoko bwakiriza abashyitsi kubaha abagore n’abakobwa bo kubaraza. appeared first on KASUKU MEDIA.



source https://kasukumedia.com/ntibisanzwe-namibia-hari-ubwoko-bwakiriza-abashyitsi-kubaha-abagore-nabakobwa-bo-kubaraza/
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)