Muraho abo kuri uru rubuga. Mbanje kubasuhuza mbifuriza ibihe byiza. Ndashimira abantu bazanye uru rubuga kugira ngo rudufashe kwibonera abakunzi tutavunitse. Ndasaba abarukoresha kugira ngo tugerageze twe kubikinisha ahubwo natwe dushyiremo ubunyangamugayo tujye tuvugisha ukuri kugira ngo hatazamo ibyo gutendekana. Ndi gushaka umusore mwiza k’umubiri no k’umutima twakundana, asabwa kuba afite urukundo rw’ukuri atazigera akina n’amarangamutima yanjye. Nanjye nzamukunda by’ukuri mubere inyangamugayo sinzamukinisha. Ubishaka yanyandikira inbox cyangwa akampamagara kuri 0787801233.
Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.
*
*
*
*
http://dlvr.it/RZ1WN2
Post a Comment
0Comments
