Gaspard arifuza umukobwa bakwibanira akamufasha kurera abana. #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Nitwa Nduwamungu Gaspard mfite imyaka 36 umugore twari twarashakanye yitabye Imana azize impanuka y’imodoka ansigira abana 2. Icyo gihe umukuru yari afite imyaka 2 umuto afite amezi 3 ubu hashize imyaka 2 ngerageza kurera abo abana njyenyine ariko bikangora cyane bitewe n’uko akazi nkora hari igihe kansaba kujya hanze y’igihugu nkaba namarayo ukwezi kumwe cyangwa abiri abana nkabasiga bonyine. Niyo mpamvu nifuza umukobwa twabana akamfasha kurera abana banjye. Abaye nawe yarigeze gushaka cyangwa se akaba afite abana ntakibazo yaza tukabana akazana n’abana be nanjye nabafata neza nkabo nibyariye. Ndifuza umukobwa utarengeje imyaka 36 y’amavuko abaye yarize byaba ari akarusho kuko agomba kumfasha mu micungire y’umutungo. Abaye adafite akazi ntakibazo namushingira iduka cyangwa nkaba namushakira ikindi akora. Anyandikire inbox. Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam. *
http://dlvr.it/RZ1WMP

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)