Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima, RBC, Dr Nsanzimana Sabin, yavuze ko mu barwayi bashya ba Coronavirus bagaragaye mu Mujyi wa Kigali harimo n’abamotari babiri, ibintu yavuze ko biteye inkeke mu buryo bwo kurwanya iki cyorezo.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/coronavirus-mu-barwayi-bagaragaye-i-kigali-harimo-abamotari-babiri