Bitwaye iki gushyingiranwa n'umukobwa ukurusha amafaranga? - #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Kimwe mu bikunze kugarukwaho na bamwe mu basore b'Abanyarwanda, ni uko badashobora gukundana n'umukobwa ubarusha amafaranga kuko baba batekereza ko yabasuzugura, bakwitwa inganzwa n'ibindi.

Nyamara ihame rya Leta y'u Rwanda ryo gushyira umuturage wese ku isonga rirakurikizwa, ku buryo bitakiri inkuru kuba umukobwa yatunga agatubutse kuko ariga, agakora kandi agahembwa neza bitewe n'inshingano afite ndetse n'ubushobozi bwe bwo kuzuzuza.

IGIHE yaganiriye na bamwe mu baturage bo mu Mujyi wa Kigali bagaruka ku cyo batekereza kuri iyi ngingo y'abanga gushyingiranwa n'abagore babarusha amafaranga.

Ibisubizo byabo biri muri iyi video. Wowe ubiterezaho iki?




Source : http://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/bitwaye-iki-gushyingiranwa-n-umukobwa-ukurusha-amafaranga

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)